|
|
Marines yanganyije na Kiyovu 0-0
| |
Umukino wabereye ku Gisenyi aho Marines yakiriye Kiyovu, warangiye ari 0-0. Abayovu benshi bakekaga ko nyuma yo gutsindwa na Electrogaz wenda hari ikintu kinini bizahindura ku mitegurire y'umukino wa Marines, ariko kuba Kiyovu inganyije ikabura amanota 3 kuri iyi kipe, biragaragaza ko hari ibintu byinshi byo kwitaho. Marines ariko nayo si shyashya dore ko benshi baziko iyo iri buhure n'ikipe zikomeye z'i Kigali yihagararaho. Umutoza Jean Marie Ntagwabira akwiye kureba uburyo yahindura ibintu mu maguru mashya naho ubundi nidukomeza kubura amanota bizatujyana muri 2D.: komeza Inkuru | |
|
ubwanditsi 03/04/10
| |
Kiyovu yanganyije na Atraco ku munsi wa 18
|
||
Muri uyu mukino mu by’ukuri wari ukomeye cyane ku mpande zombi. Ikipe Atraco yabonye amahirwe ku munota wa 5 ubwo Dady Birori amaze guhabwa umupira yawirukankanye, benshi bagirango yakoze ikosa bakunze kwita oruje “hors-jeu” kandi atari byo. Noneho arikomereza ahita ashota ishoti rikarishye cyane. Umuzamu wa Kiyovu ashaka kurirenza biranga kuko ryakaga umuriro. Riruhukira mu rushundura. Kiyovu ntibyayiciye intege kuko .. inkuru | ||
|
Ubwanditsi-21/03/10
| ||
Umukino wa 17 wahuje Kiyovu na Mukura ku mumena warangiye Kiyovu ibashije gutsinda igitego kimwe rukumbi ku busa bwa Mukura. Ku munota wa 2 gusa Serugaba yateye ishoti rikomeye nko mu metero 6 mu ntoki z'umuzamu wa Mukura, uyu nawe umupira uramwotsa uramucika usubira hasi uhita uhura na Papy Nkunda wari uhagaze neza atajuyaje ahita arangirizamo. Ubwo igice cya mbere cyakomeje Kiyovu isatira dore ko yari imaze kubona igitego cya vitamine kuko bahise bagira imbaraga zo gukomeza gushakisha n'ibindi. Indi minota yose y'iki gice yarangiye nta gitego gishoboye kuboneka n'ubwo ku ruhande rwa Kiyovu wabonaga ubushake ari bwose Inkuru | |
Kiyovu yanganyije n'Amagaju ku munsi wa 15 |
||
Umukino wahuje Kiyovu n'Amagaju ku munsi wa 15, warangiye ari ubusa ku busa. Ibi bikaba ahanini byatewe n'uko Kiyovu yari ihagaze uroye n'uko yari imeze igihe ijya gukinira n'Amagaju iwayo I Gikongoro. Icya mbere cyagaragaraga ni uko Kiyovu yari yakinishije abakinnyi basa n'aho batamenyeranye, twavuga nko hagati hari hatarimo Shyaka wari urwaye malariya, noneho mu mwanya we hagakina Gulain utagize icyo amarira ikipe. Ku barebye uyu mupira kandi bose babonye ko ikipe ititwaye neza na gato mu gice cya mbere cy'umukino. Umupira mu byukuri watangijwe iminota 15 mbere kuko bikangaga ko imvura ishobora gutungurana ikaba yawuburizamo. Inkuru | ||
|
Ubwanditsi
| ||
| page préc | inyuma | ||
Archives | Inkuru zahise
|
||
Phase retour 2009 |
Mtn Peac cup2009 |
|
| Marine 0-1 Kiyovu Kiyovu 1-1 Atraco Mukura 2-1 Kiyovu Jeunesse 3-0 Kiyovu Kiyovu 2-0 Police |
Kiyovu 5-0 ASPEJ Aller | Retour Kiyovu 2-0 Mukura la suite |
|
| Autre Article | izindi nkuru Amica Electrogaz 2009 Amavubi yageze muri Algeria Umunsi wa 21 ntiwashimishije funs Tournois diasporra Académie Amizero Tournoi Mémorial |
Evariste Muni Na Saïd Barirukanwe Kugaruka kwa Anelka Gasingwa Michael Guhana. Impamvu Mukura yakiniye Kigali Umunsi wa 21 ntiwashimishije abayovu benshi |
|
| page préc | inyuma | ||